Itoze

Ikizamini cy'amategeko y'umuhanda

Iyo umuvuduko w’ibinyabiziga bidapakiyeushobora kurenga km50 mu isaha ahategamye,bigomba kuba bifite ibikoresho by’ihonibyumvikanira mu ntera:

  • Metero 100
  • Metero 200
  • Metero 50✓
  • Metero 150

Igisubizo nyacyo: Metero 50

Witoze ibibazo 340+ wisubize ikizamini

Itoze igufasha kwitegura ikizamini cy’uruhushya rwo gutwara mu Rwanda. Tangira ku buntu.

Tangira kwitoza ku buntu

Ibindi bibazo

  • Birabujijwe kugenza ibinyabiziga bigendeshwa na moteri naza romoruki zikururwa nabyo, iyo ibiziga byambaye inziga zidahagwa cyangwa inziga zikururuka zifite umubyimba uri hasi ya cm 4. Ariko ibyo ntibikurikizwa kubinyabiziga bikurikira:
  • Igice cy'inzira nyabagendwa kigarukira ku mirongo ibiri yera icagaguye ibangikanye kandi gifite ubugari budahagije kugira ngo imodoka zitambuke neza, kiba ari:
  • Ubugari bwa romoruki ntiburenza ubugaribw’ikinyabiziga kiyikurura iyo ikuruwen’ibinyabiziga bikurikira:
  • Iyo hatarimo indi myanya birabujijwe gutwara ku ntebe y’imbere y’imodoka abana badafite imyaka:
  • Icyapa kivuga gutambuka mbere y’ibinyabiziga biturutse imbere gifite amabara akurikira:
  • Ni ryari itegeko rigenga gutambuka mbere kw’iburyo rikurikizwa mu masangano:
Reba ibibazo byose →

© 2023–2026 itoze.rw All Rights Reserved.

Help / Ubufasha

Privacy Policy