Itoze

Ikizamini cy'amategeko y'umuhanda

Iyo hatarimo indi myanya birabujijwe gutwara ku ntebe y’imbere y’imodoka abana badafite imyaka:

  • Imyaka 10
  • Imyaka 12 ✓
  • Imyaka 7
  • Ntagisubizo cy’ukuri kirimo

Igisubizo nyacyo: Imyaka 12

Witoze ibibazo 340+ wisubize ikizamini

Itoze igufasha kwitegura ikizamini cy’uruhushya rwo gutwara mu Rwanda. Tangira ku buntu.

Tangira kwitoza ku buntu

Ibindi bibazo

  • Icyapa kivuga gutambuka mbere y’ibinyabiziga biturutse imbere gifite amabara akurikira:
  • Ni ryari itegeko rigenga gutambuka mbere kw’iburyo rikurikizwa mu masangano:
  • Ibimenyetso bimurika byerekana uburyo bwo kugendera mu muhanda kw'ibinyabiziga bishyirwa iburyo bw'umuhanda. Ariko bishobora no gushyirwa ibumoso cyangwa hejuru y’umuhanda:
  • Iyo itara ry’umuhondo rimyatsa rikoreshejwe mu masangano y’amayira ahwanyije agaciro rishyirwa ahagana he:
  • Inkombe z’inzira nyabagendwa cyangwa z’umuhanda zishobora kugaragazwa n’ibikoresho ngarurarumuri. Ibyo bikoresho bigomba gushyirwaho ku buryo abagenzi babibona :
  • Ibinyabiziga bikurikira bigomba gukorerwa isuzumwa rimwe mu mezi 6:
Reba ibibazo byose →

© 2023–2026 itoze.rw All Rights Reserved.

Help / Ubufasha

Privacy Policy