Ikizamini cy'amategeko y'umuhanda
Iyo hatarimo indi myanya birabujijwe gutwara ku ntebe y’imbere y’imodoka abana badafite imyaka:
- Imyaka 10
- Imyaka 12 ✓
- Imyaka 7
- Ntagisubizo cy’ukuri kirimo
Igisubizo nyacyo: Imyaka 12
Ikizamini cy'amategeko y'umuhanda
Igisubizo nyacyo: Imyaka 12
Itoze igufasha kwitegura ikizamini cy’uruhushya rwo gutwara mu Rwanda. Tangira ku buntu.
Tangira kwitoza ku buntu