Itoze

Ikizamini cy'amategeko y'umuhanda

Ni ryari itegeko rigenga gutambuka mbere kw’iburyo rikurikizwa mu masangano:

  • Iyo nta cyapa cyo gutambuka mbere gihari
  • Iyo ikimenyetso kimurika cyagenewe ibinyabiziga kidakora
  • A na B ni ibisubizo by’ukuri ✓
  • Nta gisubizo cy’ukuri

Igisubizo nyacyo: A na B ni ibisubizo by’ukuri

Witoze ibibazo 340+ wisubize ikizamini

Itoze igufasha kwitegura ikizamini cy’uruhushya rwo gutwara mu Rwanda. Tangira ku buntu.

Tangira kwitoza ku buntu

Ibindi bibazo

  • Ibimenyetso bimurika byerekana uburyo bwo kugendera mu muhanda kw'ibinyabiziga bishyirwa iburyo bw'umuhanda. Ariko bishobora no gushyirwa ibumoso cyangwa hejuru y’umuhanda:
  • Iyo itara ry’umuhondo rimyatsa rikoreshejwe mu masangano y’amayira ahwanyije agaciro rishyirwa ahagana he:
  • Inkombe z’inzira nyabagendwa cyangwa z’umuhanda zishobora kugaragazwa n’ibikoresho ngarurarumuri. Ibyo bikoresho bigomba gushyirwaho ku buryo abagenzi babibona :
  • Ibinyabiziga bikurikira bigomba gukorerwa isuzumwa rimwe mu mezi 6:
  • Iyo kuyobya umuhanda ari ngombwa bigaragazwa kuva aho uhera no kuburebure bwawo n’icyapa gifite ubuso bw’amabara akurikira:
  • Ku mihanda ibyapa bikurikira bigomba kugaragazwa ku buryo bumwe:
Reba ibibazo byose →

© 2023–2026 itoze.rw All Rights Reserved.

Help / Ubufasha

Privacy Policy