Itoze

Ikizamini cy'amategeko y'umuhanda

Inkombe z’inzira nyabagendwa cyangwa z’umuhanda zishobora kugaragazwa n’ibikoresho ngarurarumuri. Ibyo bikoresho bigomba gushyirwaho ku buryo abagenzi babibona :

  • Babona gusa ibumoso bwabo iby’ibara ritukura
  • Iburyo babona iby’ibara risa n’icunga rihishije gusa
  • Babona iby’ibara ry’umuhondo ibumoso
  • Nta gisubizo cy’ukuri kirimo

Igisubizo nyacyo: Nta gisubizo cy’ukuri kirimo

Witoze ibibazo 340+ wisubize ikizamini

Itoze igufasha kwitegura ikizamini cy’uruhushya rwo gutwara mu Rwanda. Tangira ku buntu.

Tangira kwitoza ku buntu