Itoze

Ikizamini cy'amategeko y'umuhanda

Ibizirikisho by’iminyururu cyangwa by’insinga kimwe n’ibindi by’ingoboka bikoreshwa gusa igihe nta kundi umuntu yabigenza kandi nta kindi bigiriwe uretse gusa kugirango ikinyabiziga kigere aho kigomba gukorerwa kandi nturenze na rimwe km 20 mu isaha, ibyo bizirikisho bigaragazwa ku buryo bukurikira:

  • Agatambaro gatukura kuri cm 50 z’umuhanda
  • Ikimenyetso cy’itara risa n’icunga rihishije
  • Icyapa cyera cya mpande enye zingana gifite cm 20 kuri buri ruhande
  • Nta gisubizo cy’ukuri kirimo

Igisubizo nyacyo: Nta gisubizo cy’ukuri kirimo

Witoze ibibazo 340+ wisubize ikizamini

Itoze igufasha kwitegura ikizamini cy’uruhushya rwo gutwara mu Rwanda. Tangira ku buntu.

Tangira kwitoza ku buntu