Itoze

Ikizamini cy'amategeko y'umuhanda

Ikinyabiziga kibujijwe guhagarara akanya kanini aha hakurikira

  • Imbere y’ahantu hinjirwa hakasohokerwa
  • Mu muhanda aho ugabanyijemo ibisate
  • A na B ni ibisubizo by’ukuri✓
  • Nta gisubizo cy’ukuri kirimo

Igisubizo nyacyo: A na B ni ibisubizo by’ukuri

Witoze ibibazo 340+ wisubize ikizamini

Itoze igufasha kwitegura ikizamini cy’uruhushya rwo gutwara mu Rwanda. Tangira ku buntu.

Tangira kwitoza ku buntu

Ibindi bibazo

  • Iyo bwije kugeza bukeye cyangwa bitewe n’uko ibihe bimeze nk’igihe cy’ibihu cyangwa cy’imvura bitagishoboka kubona neza muri m 200, udutsiko twose tw’abanyamaguru nk’imperekerane cyangwa udutsiko tw’abanyeshuri bari ku murongo bayobowe n’umwarimu, iyo bagenda mu muhanda ku isonga hakaba hari abantu barenze umwe bagomba kugaragazwa kuburyo bukurikira
  • Utuyira turi ku mpande z’umuhanda n’ inkengero zigiye hejuru biharirwa abanyamaguru mu bihe bikurikira
  • Imburira zimurika zemerewe gukoreshwa kugirango bamenyeshe umuyobozi ko bagiye kumunyuraho aha hakurikira
  • Uburemere ntarengwa bwemewe ntibushobora kurenga ½ cy’uburemere bw’ikinyabiziga gikurura nubw’umuyobozi kuri romoruki zikurikira
  • Ibinyabiziga bifite ubugari bufite ibipimo bikurikira bigomba kugira amatara ndangaburumbarare 
  • Nta tara na rimwe cyangwa akagarurarumuri bishobora kuba bifunze ku buryo igice cyabyo cyo hasi cyane kimurika kitaba kiri hasi y’ibipimo bikurikira kuva ku butaka igihe ikinyabiziga kidapakiye
Reba ibibazo byose →

© 2023–2026 itoze.rw All Rights Reserved.

Help / Ubufasha

Privacy Policy