Itoze

Ikizamini cy'amategeko y'umuhanda

Utuyira turi ku mpande z’umuhanda n’ inkengero zigiye hejuru biharirwa abanyamaguru mu bihe bikurikira

  • Iyo hari amategeko yihariye yerekanwa
  • Iyo badatatanye kandi bayobowe n’umwarimu
  • Iyo hatari amategeko yihariye yerekanwa n’ibimenyetso
  • Ibisubizo byose ni ukuri

Igisubizo nyacyo: Iyo hatari amategeko yihariye yerekanwa n’ibimenyetso

Witoze ibibazo 340+ wisubize ikizamini

Itoze igufasha kwitegura ikizamini cy’uruhushya rwo gutwara mu Rwanda. Tangira ku buntu.

Tangira kwitoza ku buntu