Itoze

Ikizamini cy'amategeko y'umuhanda

Iyo ikinyabiziga gifite amatara abiri cyangwa menshi y’ubwoko bumwe ayo matara agomba kugira ibara rimwe n’ingufu zingana kandi akagomba gushyirwaho ku buryo buteganye uhereye ku murongo ugabanya ikinyabizigamo kabiri mu burebure bwacyo. Ariko ibi ntibikurikizwa ku matara akurikira

  • itara ndangamubyimba
  • itara ndangaburumbarare
  • itara ribonesha icyapa kiranga numero y’ikinyabiziga inyuma
  • A na B byose nibyo

Igisubizo nyacyo: itara ribonesha icyapa kiranga numero y’ikinyabiziga inyuma

Witoze ibibazo 340+ wisubize ikizamini

Itoze igufasha kwitegura ikizamini cy’uruhushya rwo gutwara mu Rwanda. Tangira ku buntu.

Tangira kwitoza ku buntu