Itoze

Ikizamini cy'amategeko y'umuhanda

Birabujijwe kugenza ibinyabiziga bigendeshwa na moteri naza romoruki zikururwa nabyo, iyo ibiziga byambaye inziga zidahagwa cyangwa inziga zikururuka zifite umubyimba uri hasi ya cm 4. Ariko ibyo ntibikurikizwa kubinyabiziga bikurikira:

  • Ku binyabiziga by’ingabo bijya ahatarenga km25
  • Ibinyabiziga bihinga
  • Ibinyabiziga bya police
  • Nta gisubizo cy’ukuri kirimo

Igisubizo nyacyo: Nta gisubizo cy’ukuri kirimo

Witoze ibibazo 340+ wisubize ikizamini

Itoze igufasha kwitegura ikizamini cy’uruhushya rwo gutwara mu Rwanda. Tangira ku buntu.

Tangira kwitoza ku buntu