Itoze

Ikizamini cy'amategeko y'umuhanda

Igice cy'inzira nyabagendwa kigarukira ku mirongo ibiri yera icagaguye ibangikanye kandi gifite ubugari budahagije kugira ngo imodoka zitambuke neza, kiba ari:

  • Ahanyurwa n’ingorofani
  • Ahanyurwa n’ibinyamitende na velomoteri
  • Ahanyurwa n’amagare
  • Nta gisubizo cy’ukuri kirimo

Igisubizo nyacyo: Ahanyurwa n’amagare

Witoze ibibazo 340+ wisubize ikizamini

Itoze igufasha kwitegura ikizamini cy’uruhushya rwo gutwara mu Rwanda. Tangira ku buntu.

Tangira kwitoza ku buntu