Itoze

Ikizamini cy'amategeko y'umuhanda

Za otobisi zagenewe gutwara abanyeshuri zishobora gushyirwaho amatara abiri asa n’icunga rihishije amyasa kugirango yerekane ko zihageze no kwerekana ko bagomba kwitonda, ayo matara ashyirwaho ku buryo bukurikira :

  • Amatara abiri ashyirwa inyuma
  • Amatara abiri ashyirwa imbere
  • Rimwe rishyirwa imbere irindi inyuma✓
  • b na c ni ibisubizo by’ukuri

Igisubizo nyacyo: Rimwe rishyirwa imbere irindi inyuma

Witoze ibibazo 340+ wisubize ikizamini

Itoze igufasha kwitegura ikizamini cy’uruhushya rwo gutwara mu Rwanda. Tangira ku buntu.

Tangira kwitoza ku buntu

Ibindi bibazo

  • Itara ryo guhagarara ry’ibara ritukura rigomba kugaragara igihe ijuru rikeye nibura mu ntera ikurikira
  • Iyo umuvuduko w’ibinyabiziga bidapakiyeushobora kurenga km50 mu isaha ahategamye,bigomba kuba bifite ibikoresho by’ihonibyumvikanira mu ntera:
  • Birabujijwe kugenza ibinyabiziga bigendeshwa na moteri naza romoruki zikururwa nabyo, iyo ibiziga byambaye inziga zidahagwa cyangwa inziga zikururuka zifite umubyimba uri hasi ya cm 4. Ariko ibyo ntibikurikizwa kubinyabiziga bikurikira:
  • Igice cy'inzira nyabagendwa kigarukira ku mirongo ibiri yera icagaguye ibangikanye kandi gifite ubugari budahagije kugira ngo imodoka zitambuke neza, kiba ari:
  • Ubugari bwa romoruki ntiburenza ubugaribw’ikinyabiziga kiyikurura iyo ikuruwen’ibinyabiziga bikurikira:
  • Iyo hatarimo indi myanya birabujijwe gutwara ku ntebe y’imbere y’imodoka abana badafite imyaka:
Reba ibibazo byose →

© 2023–2026 itoze.rw All Rights Reserved.

Help / Ubufasha

Privacy Policy