Itoze

Ikizamini cy'amategeko y'umuhanda

Amatara maremare y’ikinyabiziga agomba kuzimwa mu bihe bikurikira:

  • Iyo umuhanda umurikiye umuyobozi abasha kureba muri metero 20
  • Iyo ikinyabiziga kigiye kubisikana n’ibindi✓
  • Iyo ari mu nsisiro
  • Ibisubizo byose ni ukuri

Igisubizo nyacyo: Iyo ikinyabiziga kigiye kubisikana n’ibindi

Witoze ibibazo 340+ wisubize ikizamini

Itoze igufasha kwitegura ikizamini cy’uruhushya rwo gutwara mu Rwanda. Tangira ku buntu.

Tangira kwitoza ku buntu

Ibindi bibazo

  • Ikinyabiziga ngishobora kugira amatara arenga abiri y’ubwoko bumwe keretse kubyerekeye amatara akurikira:
  • Ubugari bwa remoriki ikuruwe n’igare cyangwa velomoteri ntiburenza ibipimo bikurikira:
  • Ibinyabiziga bikoreshwa nka tagisi, bitegerereza abantu mu nzira nyabagendwa, bishobora gushyirwaho itara ryerekana ko ikinyabiziga kitakodeshejwe. Iryo tara rishyirwaho ku buryo bukurikira:
  • Za otobisi zagenewe gutwara abanyeshuri zishobora gushyirwaho amatara abiri asa n’icunga rihishije amyasa kugirango yerekane ko zihageze no kwerekana ko bagomba kwitonda, ayo matara ashyirwaho ku buryo bukurikira :
  • Itara ryo guhagarara ry’ibara ritukura rigomba kugaragara igihe ijuru rikeye nibura mu ntera ikurikira
  • Iyo umuvuduko w’ibinyabiziga bidapakiyeushobora kurenga km50 mu isaha ahategamye,bigomba kuba bifite ibikoresho by’ihonibyumvikanira mu ntera:
Reba ibibazo byose →

© 2023–2026 itoze.rw All Rights Reserved.

Help / Ubufasha

Privacy Policy