Itoze

Ikizamini cy'amategeko y'umuhanda

Uburyo bukoreshwa kugirango ikinyabiziga kigende gahoro igihe feri idakora neza babwita:

  • Feri y’urugendo
  • Feri yo guhagarara umwanya munini
  • Feri yo gutabara✓
  • Nta gisubizo cy’ukuri kirimo

Igisubizo nyacyo: Feri yo gutabara

Witoze ibibazo 340+ wisubize ikizamini

Itoze igufasha kwitegura ikizamini cy’uruhushya rwo gutwara mu Rwanda. Tangira ku buntu.

Tangira kwitoza ku buntu

Ibindi bibazo

  • Nibura ikinyabiziga gitegetswe kugira uduhanagurakirahure tungahe
  • Amatara maremare y’ikinyabiziga agomba kuzimwa mu bihe bikurikira:
  • Ikinyabiziga ngishobora kugira amatara arenga abiri y’ubwoko bumwe keretse kubyerekeye amatara akurikira:
  • Ubugari bwa remoriki ikuruwe n’igare cyangwa velomoteri ntiburenza ibipimo bikurikira:
  • Ibinyabiziga bikoreshwa nka tagisi, bitegerereza abantu mu nzira nyabagendwa, bishobora gushyirwaho itara ryerekana ko ikinyabiziga kitakodeshejwe. Iryo tara rishyirwaho ku buryo bukurikira:
  • Za otobisi zagenewe gutwara abanyeshuri zishobora gushyirwaho amatara abiri asa n’icunga rihishije amyasa kugirango yerekane ko zihageze no kwerekana ko bagomba kwitonda, ayo matara ashyirwaho ku buryo bukurikira :
Reba ibibazo byose →

© 2023–2026 itoze.rw All Rights Reserved.

Help / Ubufasha

Privacy Policy