Ikizamini cy'amategeko y'umuhanda
Iyo nta mategeko awugabanya by’umwihariko umuvuduko ntarengwa w’amapikipiki mu isaha ni:
- Km25
- Km70
- Km40
- Nta gisubizo cy’ukuri kirimo✓
Igisubizo nyacyo: Nta gisubizo cy’ukuri kirimo
Ikizamini cy'amategeko y'umuhanda
Igisubizo nyacyo: Nta gisubizo cy’ukuri kirimo
Itoze igufasha kwitegura ikizamini cy’uruhushya rwo gutwara mu Rwanda. Tangira ku buntu.
Tangira kwitoza ku buntu