Itoze

Ikizamini cy'amategeko y'umuhanda

Iyo nta mategeko awugabanya by’umwihariko umuvuduko ntarengwa w’amapikipiki mu isaha ni:

  • Km25
  • Km70
  • Km40
  • Nta gisubizo cy’ukuri kirimo✓

Igisubizo nyacyo: Nta gisubizo cy’ukuri kirimo

Witoze ibibazo 340+ wisubize ikizamini

Itoze igufasha kwitegura ikizamini cy’uruhushya rwo gutwara mu Rwanda. Tangira ku buntu.

Tangira kwitoza ku buntu

Ibindi bibazo

  • Uburyo bukoreshwa kugirango ikinyabiziga kigende gahoro igihe feri idakora neza babwita:
  • Nibura ikinyabiziga gitegetswe kugira uduhanagurakirahure tungahe
  • Amatara maremare y’ikinyabiziga agomba kuzimwa mu bihe bikurikira:
  • Ikinyabiziga ngishobora kugira amatara arenga abiri y’ubwoko bumwe keretse kubyerekeye amatara akurikira:
  • Ubugari bwa remoriki ikuruwe n’igare cyangwa velomoteri ntiburenza ibipimo bikurikira:
  • Ibinyabiziga bikoreshwa nka tagisi, bitegerereza abantu mu nzira nyabagendwa, bishobora gushyirwaho itara ryerekana ko ikinyabiziga kitakodeshejwe. Iryo tara rishyirwaho ku buryo bukurikira:
Reba ibibazo byose →

© 2023–2026 itoze.rw All Rights Reserved.

Help / Ubufasha

Privacy Policy