Itoze

Ikizamini cy'amategeko y'umuhanda

Ikinyabiziga kibujijwe guhagarara akanya kanini aha hakurikira :

  • a) Ahatarengeje metero 1 imbere cyangwa inyuma y’ikinyabiziga gihagaze akanya gato cyangwa kanini :
  • b) Ahantu hari ibimenyetso bibuza byabugenewe
  • c) Aho abanyamaguru banyura mu muhanda ngo bakikire inkomyi
  • d) Ibisubizo byose nibyo✓

Igisubizo nyacyo: d) Ibisubizo byose nibyo

Witoze ibibazo 340+ wisubize ikizamini

Itoze igufasha kwitegura ikizamini cy’uruhushya rwo gutwara mu Rwanda. Tangira ku buntu.

Tangira kwitoza ku buntu

Ibindi bibazo

  • Kunyuranaho bikorerwa:
  • Icyapa cyerekana umuvuduko ntarengwa ikinyabiziga kitagomba kurenza gishyirwa gusa ku binyabiziga bifite uburemere ntarengwa
  • Amatara maremare y’ibara ryera cyangwa ry’umuhondo agomba, nijoro igihe ijuru rikeye, kumurika mu muhanda mu ntera ya m 100 nibura imbere y’ikinyabiziga, ariko ku binyabiziga bifite moteri itarengeje za senmetero kibe 125 iyo ntera igira ibipimo bikurikira:
  • Umuyobozi ugenda mu muhanda igihe ubugari bwawo budatuma anyuranaho nta nkomyi ashobora kunyura mu kayira k’abanyamaguru ariko amaze kureba ibi bikurikira:
  • Ku byerekeye kwerekana ibinyabiziga n’ukumurika kwabyo ndetse no kwerekana ihindura ry’ibyerekezo byabyo. Birabujijwe gukora andi matara cyangwa utugarurarumuri uretse ibitegetswe ariko ntibireba amatara akurikira:
  • Iyo nta mategeko awugabanya by’umwihariko umuvuduko ntarengwa w’amapikipiki mu isaha ni:
Reba ibibazo byose →

© 2023–2026 itoze.rw All Rights Reserved.

Help / Ubufasha

Privacy Policy