Itoze

Ikizamini cy'amategeko y'umuhanda

Iyo romoruki iziritse ku kinyamitende, velomoteri n’amapikipiki bidafite akanyabiziga ko kuruhande uretse ikinyamitende na velomoteri bidafite umuyobozi, iyo uburumbarare bwayo cyangwa bw’ibyo yikoreye bituma itara ry’ikinyabiziga gikurura ritagaragara igihe bitagishoboka kubona neza muri m 200 bigomba kugaragazwa ku buryo bukurikira

  • itara ryera cyangwa ry’umuhondo cyangwa risa nk'icunga rihishije
  • itara ry’icyatsi cyangwa ry’umuhondo cyangwa
  • A na B ni ibisubizo by’ukuri
  • nta gisubizo cy’ukuri kirimo

Igisubizo nyacyo: itara ryera cyangwa ry’umuhondo cyangwa risa nk'icunga rihishije

Witoze ibibazo 340+ wisubize ikizamini

Itoze igufasha kwitegura ikizamini cy’uruhushya rwo gutwara mu Rwanda. Tangira ku buntu.

Tangira kwitoza ku buntu